Love S2E9

 

LOVE'S LIES
Season 02
Episode 09
Writer @Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Web Eddyseries4all.blogspot.com
___________________________________
Episode 8 yarangiye Yvan aburiwe irengero ,
Ese yari agiye he ?
Polisi nayo yari imenye ko abatatse umukandinda Batazwi mugihugu .
NIKI CYAKURIKIYE ?
.
.     DIKOMEZE ....
.
.
Dutangiriye Kuri  yvan,
turamubona arimo agenda mwikaritiye agenda arwa bigaragara ko umuti yari yatewe utaramushiramo.
Gusa ubwo barasana rwarusaku rw amasasu ndetse rufadikamije nuko memories ze Zarimo zigaruka byaganjije imiti bituma azanzamuka hatageze arabacika !!Marry na bagenzi be bashakishije aho hafi barebe ko bamubona ariko wapi yari yamaze kugera kure ahubwo bahisemo kwurira imodoka baragenda berekeza kuri HSA.
Yvan arimo agenda yaje guhura na Nikita amubonye ati"Nikita !"
Ahita yikubita hasi imbere ya Nikita.
.
..
.
.
Kuri Paul we yagarutse kumatware ye umujnya ari mwishi yicuza ukuntu Yvan amubujije kwica umujinga ,
Ati"Uriya we yazutse ava he ko yapfuye ?"
Umupagasi"Boss natwe ntabwo twari tubyiteze nagato "
Paul"Mushakishe amakuru yose mpaka mumenye aho yaturutse ndetse n'Uburyo yakize kuriya guturika "
Umupagasi "Sawa boss"
.
..
.
.
Kuri Cedric wahatswe kwicwa,
Solange hari yazaniye icyayi Cedric ati"Kalibu boss ikawa"
Cedric arakira gusa mwibuke uyu Solange ni umwe mubakorera Paul,
Cedric yarakiriye maze agisoma rimwe hari umusore winjiye arasuhuza arangije ati"Boss twamaze kubona amakuru"
Cedric yakira flash arangije asaba Solange gusohoka basigarana n Umusore bonyine.
Solange yarasohotse arakingagusa ntiyahita agenda ahubwo ashira ugutwi kumuryango ngo yumve ibyo bavugana.
.
..
.
.
Muri HSA
Boss" Marry uzi ikosa wakoze ?"
Marry"Sorry boss ,nzi neza ko yvan ari umutungo ukomeye cyane kuri HSA ndetse no kugihugu ubwacyo gusa ubanza byari byapanzwe kuko munzira twatatswe ninabwo yibwa"
Boss"Tracking device imurimo mwayikurikiranye ?"
Marry"Ubwo yaburaga nta access twari dufite,twihutiye kuza hano ariko twahageze twacyerewe kuko twasanze device itakiboneka ,bivuze ngo uwamushimuse ni umuhanga"
Gusa twe twabibonye igihe yarwa hasi imbere ya Nikita yayirwiriye ihita iturikira mumutwe😳
Boss"Bwira aba Agent bacu bose iyo bava bakagera bave mubyo barimo bose bashakishe umusore mpaka abonetse"
.
..
.
.
Kumbe Nikita we Yvan yikubise hasi yanga kumusiga ahubwo ahita amufata amujyana iwe mwibanga .
yvan gukanguka yasanze aryamye ahantu atazi,
Yaregutse asanga Nikita amwicaye iruhande   😳
Yvan"Nikita ni wowe ? Sorry..."
Nikita ahita amushira agatoki kumunwa arangije ati"Byose ndabizi ntampamvu yo kunsobanurira ,ahubwo komeza uruhuke Umeze nabi"
Yvan"Rwose ndazi ko naguhemukiye ariko..."
Nikita"Nakubwiye ngo ntakosa ufite,
Ahubwo reka nguhuze n'Umwana wawe "
Yvan"Umwana ?😳"
Nikita"#Belynda ngwino hano"
Umwana wa Nikita ahita aza ati"Nitabye mama"
Nikita"Cyagihe burya wansigiye inda ,havuyemo uyu mwana "
Yvan yarahindukiye areba umwana biramurenga ahubwo yibuka uwo babyaranye n Aline akaba ariwe umwiyicira yirukiye imitungo amarira aba ariyo amushoka kumaso gusa !!!
Nikita nawe yisanga arimo kumuhanagura amarira.....
.
.
.
.
Tuze kuri paul na gang ye yose,
Arimo gupanga imipangu ye, hari inuma yazanye ubutumwa kuva kwa Solange(Mwibuke ni maneko nubwo akorera kwa cedric),
Ubutumwa bwagira buti" Cedric yamaze kuronka amakuru kuri Aline uwahoze ari umugore wa Yvan ,arashaka kumukoresha kugira ngo afate Yvan cyane ko Yvan na Aline bafitaniye inzika ya kera.
Sinabashije kumva neza aho Aline atuye ndetse ni na ryari ariko niwo mupangu mushya wa Cedric"
Paul"Byiza ,mumenyeshe Solange akomeze gushaka amakuru mpaka tumenye aho uwo  Aline aherereye igihe azaba yagiye kumufata twebwe dukoreshe uwo mwanya tumurangiza"
Bati"Sawa boss"
.
..
.
.
Kumbe uko ibyo biba,
Rekatwiyizire kwa Aline,
Nyuma yo kuva Kuri stadebese amaze gukomfirima neza ko yvan atapfuye yaje murugo ,
Gusa ahageze yahamagaye wamwana we aramubura,
ageze muri Sallon akubitana N agakaratasi kanditseho numero namagambo agira ati "Niba ushaka umwana wawe mpamagara kandi hatagira umuntu numwe ubwira"
Alone yaracanganyikiwe gusa nyine ntakindi  yari bukore usibye gukurimiza condition yahawe n uwamushimutiye umwana .
ESE NINDE ?
.
..
.
.
Reka nkuzane kuri Yvan na Nikita ,
Nyuma yo kwiregurana bagasabana imbabazi mbese Nikita yamaze gutahira ko nubwo Yvan yamukoresheje atari urwango ahubwo yashakaga kwihorera kuri Aline birangira nawe abyinjiyemo.
Nikita"Umupangu wawe ni uwuhe ?"
Yvan"Ni ukwihorera kuri OS company yose mbese nkazarangiriza kuri Aline wanteye kwisanga muri uyu mwanda wose"
Nikita"None se Aline cyangwa Os Company nibo bari baratumye ubura bakanagushira microchip mumutwe ?"
Yvan"Microchip?"
Nikita ahita azana utuvunji twa microchip ati"Ubwo wahwera nkakuzana hano ,ndimo kuguhanagura ngo ngupfuke aho wakomeretse kumutwe namenye ko indani hari utwakwinjiye ndaduhandura nzi ko cyaba ari nkicyuma ariko nsanga ni microchip yangiritse"
Yvan ashaka kigergeza kwibuka ariko ubwonko ntabwo buri kumuha cyane ko yabaye muri HSA yaribagijwe,bivuze ngo kuba memories ze zagarutse ntabwo yabyibuka.
Nikita"Ntabyo wibuka ?"
Yvan"Oya,nibuka Aline anturikiriza munzu nibwo nongeye kwisanga muri stade,Gusa hari umukobwa twarikumwe muri Stade nubwo ntamwibuka neza"
Nikita"uzi izina rye ?"
Yvan"Yambwiye ko yitwa Anna gusa ntabwo namwitayeho kuko nahise mbona Cedric nshaka kumwataka"
Nikita"Niba ari uko bimeze ufite abanzi ba 3,
Os ,Aline ndetse nuyu wakwishe ukiri muzima akagaragaza ko wapfuye .
Plan nagutoza niyi kugira bose uko ari batatu,dukore dutya......."
.
..
.
.
Aline we nyuma yo guhabwa Amategeko yaje aho bamurangiye ari buhurire n umwana we asanga harera.
Gusanga hera yafashe phone ngo ahamagare ya numero yamuhamagaye gusa akibikora imiryango ihita yifunga !!!
Bivuze ngo nawe baramufite tayali .😳....LOADING EP 10
.
.
Twamaze kumva ko Aline bari bamukeneye kugira babashe kugera kuri Cedric,
ESE BAMUKORESHA BATE ?
Utazacikwa na ep 1⃣0⃣

*NDABIFURIJE UMWAKA MUSHYA MWIZA ,UZABABERE UWAMAHIRWE N IMIGISHA*

Comments